Rubavu: Umupolisi yarashe ku kaguru umugabo washakaga gutoroka
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yarashe ikomeretsa umufungwa ukekwaho gushaka gutoroka nyuma yo gufatanwa urumogi, akabanza gutera...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yarashe ikomeretsa umufungwa ukekwaho gushaka gutoroka nyuma yo gufatanwa urumogi, akabanza gutera...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite,Dr.Frank Habineza yasabye Urwego ngenzuramikorere kwegura niba rudashoboye gukorera abanyarwanda. Mu kiganiro...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko ibigo umunani aribyo birimo kwifashishwa mu kuvura abanduye COVID-19, umubare wagabanutse cyane kuko hari...
Umuyobozi wa RURA, Lt Col Patrick Nyirishema yavuze ko barakomeza gukora n’izindi nzego harebwa ubundi buryo abaturage bakoroherezwa, gusa ngo...
Ku bufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano umusore w’imyaka 25 yafatanywe imbunda y’igikinisho yakoreshaga yiba abaturage, abambura anabahohotera. Uyu musore yafashwe nyuma...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda), Dr Habineza Frank, yatangaje ko anenga...
Umugabo w’imyaka 30 witwa Solomon Ayindi, yiyahuye nyuma yo gushyirwa ku nkeke n’ikigo gitanga inguzanyo mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abaturanyi b’uyu...
Amerika igiye gushyira mu bikorwa igihano cy'urupfu ku mugore ufungiye muri gereza yo ku rwego rwa leta, cya mbere kigiye...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwica umugore witwa Karwera Peruth ku wa 16...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu Gatandatu tariki 17 Ukwakira 2020, mu Rwanda abantu 104 bakize COVID-19, haboneka abarwayi bashya...