AMATEKA
Gicumbi: Habaye igikorwa cyo kwibuka28 ku Rwibutso rw’abazize Jenoside rwa Rutare
Kuri iki cyumweru Tariki 10 Mata 2022, mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, habereye igikorwa cyo kwibuka ku...
Herman Ndayisaba wari umunyamakuru wa RBA yashyinguwe mu cyubahiro
Herman Ndayisaba wari umunyamakuru wa RBA, witabye Imana azize uburwayi bwa Diabete yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Gatandatu Tariki...
Kwibuka28-Gicumbi: Habayeho umuhango wo kunamira Imibiri iruhukiye mu rwibutso rwa Gisuna
Umuyobozi w'Akarere ka Gicumbi Nzabonimpa Emmanuel ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere ka Gatsibo, Richard Gasana bifatanije n'imiryango ifite ababo bishwe muri...
“Nta somo bafite baduha kubera ko ni bamwe mu bagize uruhare mu mateka yagejeje kubyatubayeho hano”-Perezida Kagame
Perezida Kagame yavuze ko imyaka 28 ishize habaye Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, buri mwaka utambuka urushaho gukomeza abanyarwanda. ...
U Rwanda ruribuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi
Kuri uyu wa Kane Tariki ya 7 Mata 2022, Isi irifatanya n'u Rwanda, mu Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside...