Ibiciro by’ingendo za rusange byagabanyijwe
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwahagaritse ibiciro by’ingendo byari biherutse gushyirwaho bigateza ukwinuba gukomeye mu bantu, banenga ko byongerewe cyane mu gihe...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwahagaritse ibiciro by’ingendo byari biherutse gushyirwaho bigateza ukwinuba gukomeye mu bantu, banenga ko byongerewe cyane mu gihe...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burundi,...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite,Dr.Frank Habineza yasabye Urwego ngenzuramikorere kwegura niba rudashoboye gukorera abanyarwanda. Mu kiganiro...
Umuyobozi wa RURA, Lt Col Patrick Nyirishema yavuze ko barakomeza gukora n’izindi nzego harebwa ubundi buryo abaturage bakoroherezwa, gusa ngo...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (The Democratic Green Party of Rwanda), Dr Habineza Frank, yatangaje ko anenga...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukwakira 2020, rwafashe Nshimiyimana Emmanuel washakishwaga n’Ubugenzacyaha kubera...
Uwizeyimana Evode uherutse kwegura ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera yashimye icyizere yongeye kugirirwa na Perezida Kagame akagirwa...
Urukiko rukuru rwa Nyarugenge i Kigali rwahanishishe Isaac Munyakazi wahoze ari umunyamabanga wa leta ushinzwe amashuri abanza n'ayisumbuye gufungwa imyaka...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Ukwakira 2020, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yashyizeho Abasenateri bane ashingiye ku biteganywa...
Abamaze iminsi bakora ingendo mu modoka rusange bari bamaze kumenyera ibiciro biri hejuru, kubera ko imodoka zari zaragabanyirijwe abagenzi zitwara....