Gicumbi: Abanyeshuri 10 barwariye ku bitaro bya Byumba harakekwa ko bahawe ibiryo ku ishuri bihumanyije
Kuwa Gatatu, tariki ya 10 Nzeri 2025, saa saba n’igice z’amanywa (13h30’), mu Rukomo, Akarere ka Gicumbi, hagaragaye ikibazo cy’uburwayi...
Kuwa Gatatu, tariki ya 10 Nzeri 2025, saa saba n’igice z’amanywa (13h30’), mu Rukomo, Akarere ka Gicumbi, hagaragaye ikibazo cy’uburwayi...
Ministeri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange (S3) mu mwaka w’amashuri wa 2023-2024, inatangaza uko abanyeshuri bahawe...
Ministeri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (S3) y’umwaka w’amashuri...
Kigali, tariki ya 16 Nyakanga 2025 – Minisitiri w’Uburezi, Bwana Joseph Nsengimana, yakiriye kuri uyu wa Mbere Nyiricyubahiro Karidinali Antoine...
Ahagana saa Tatu zo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03 Ugushyingo 2024, nibwo mu Murenge wa...
Tariki 23 Nyakanga 2024 kugeza Tariki 3 kanama 2024 nibwo abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bakoze ibizamini bya Leta bisoza...
Ababyeyi bo mu karere ka Musanze by’umwihariko abatuye mu murenge wa Musanze bishimira kuba baregerejwe ishuri ry’inshuke n’abanza rya Karisimbi...
Umuryango wa gikirisitu Life Link Rwanda ukomeje gukora ibikorwa bizamura iterambere n'imibereho y'abatuye akarere ka Gicumbi, birimo kwigisha abana bakomoka...
Mu ijoro ryo Kuwa mbere tariki 19 Gashyantare rishyira kuwa Kabiri Tariki 20 Gashyantare 2024 , saa cyenda z'ijoro nibwo...
Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa mbere w'amashuri yisumbuye kuri Petit Seminaire Saint Dominic Savio Rwesero iherereye mu murenge wa Rwamiko...