Mu mujyi wa Bujumbura amaresitora n’utubari byafunzwe

mu gihugu cy’ubundi utubari n’amaresitora yafunzwe kubera icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri iki gihugu.

Mu mujyi wa Bujumbura hagagaye icyorezo cya Ebola, tumwe mu tubari n’amaresitora bifite umwanda byafunzwe.

Abantu bagera ku 126 nibo bamaze gufatwa n’iyi ndwara ya Cholera iterwa n’amafunguro cyangwa amazi yandujwe na bakiteri yitwa Vibrio cholera.

Iyi ndwara ya Cholera iyo itahise ivurwa ishobora kwica uyirwaye mu gihe cy’isaha imwe.

  Freddy Mbonimpa umuyobozi w’mujyi wa Bujumbura avuga ko impamvu barikugira umubare mwinshi w’abarwaye cholera ari ukubera utubari n’amaresitora yo muri uyu mujyi afite umwanda

Yagize ati”Hano mu mujyi wa Bujumbura,hari amaresitora n’utubari bifite umwanda ukabije arintayo ntandaro y’indwara ya ebola ngo akaba arinayo mpamvu turikugira umubare mwinshi w’abarwaye Cholera” 

Freddy yakomeje avuga ko bakomeje gufunga amasoko ndetse n’ahandi hahurira abantu benshi hakirangwa umwanda.

muri iki gihugu kandi abaturage babujijwe gukoresha amazi yo mu biyaga nayo mu migezi itemba kugira ngo bareke gukoresha amazi yanduye.

Aya mabwiriza y’umuyobozi w’umujyi wa Bujumbura yo gufunga aharangwa umwanda aje nyuma ya raporo y’umuryango w’abibumbye igaragaza ko muri iki gihugu abagera ku 1800 bamaze kwitaba Imana bazize indwara ya Malaria muri uyu mwaka wa 2019.