Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri




Kuri iki Gicamunsi, Tariki 11 Kanama 2021, Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri, yibandanya ku gufata ingamba nshya ku ngingo yo kwirinda Coronavirus.

Iyi nama ibaye mu gihe hari imirenge 50 iri muri guma mu rugo yagombaga kuvamo ejo hashize, ariko Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yari yavuze ko izabamenyesha igihe bazavira mu rugo uyu munsi.



Ni mu gihe iyi nama ibaye kandi utundi turere 8 n’umujyi wa Kigali byari muri guma mu rugo bikayivamo tariki 1 Kanama 2021, bikaba byari byitezwe ko indi myanzuro izavugururwa nyuma y’ibyumweru bibiri.




@igicumbinews.co.rw 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: