Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri




Kuri iki gicamunsi, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe mbere y’ikiruhuko, kugira ngo barebere hamwe aho gahunda yo gutanga inkingo za COVID-19 igeze, ndetse banaganire ku zindi ngingo zitandukanye zirimo ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa hirya no hino.



U Rwanda rukomeje ibikorwa byo gukingira abaturage aho hafi y’abagera kuri Miliyoni bamaze nibura kubona urukingo rumwe.

Inzego z’ubuzima zivuga ko byibura  2022 izarangira abaturage bagera kuri 60% barakingiwe, ibizatuma hari ingamba zo kwirinda  Coronavirus zizagenda zoroshywa.



@igicumbinews.co.rw 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: