Umugabo yaguye gitumo umugore we utwite ari kumuca inyuma ahita abategeka gukomeza gusambana abahagaze hejuru

"I think fear is good. I think fear keeps you alive." -- Chris Hadfield

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’ umugabo utatangajwe amazina wafatanywe n’ umugore w’ abandi muri Hotel barimo gusambana maze umugabo w’ isezerano ategeka umugore wamucaga inyuma gukomeza gusambana n’ uwo mugabo utatangajwe amazina.

Aya mashusho yashyizwe hanze n’umugabo witwa Khanya Msika yavuze ko aba bombi baguwe gitumo baryamanye muri Hotel nyuma yuko umugore yari yabeshye umugabo we ko agiye kwisuzumisha ku bitaro umutware we ntamenye ko yagiye gushurashura n’undi mugabo .

Yasoje avuga ko aba bombi bafatiwe mu cyaha bakomeje igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina kugera ubwo bahise bafatwa bajyanwa kuri Police kugirango bige kuri dosiye yabo , gusa ngo umugabo yarafite uburakari bwinshi kuburyo wabonaga ko ashobora guhitana umugore we wamuciye inyuma .

@igicumbinews.co.rw