Umukobwa yafashe kungufu se amurongora yamufatiyeho imbunda y’igikinisho




Umukobwa w’imyaka 26 yatawe muri yombi, ashinjwa gufata ku ngufu se umubyara.

Ibi byabereye mu gace ka Nakuru muri Kenya, mu ijoro ryo ku cyumweru gishize ubwo Rose Achieng, yageze mu rugo, agategeka se kumurongora yamufatiyeho imbunda.

Nkuko byatangajwe n’uyu mugabo wafashwe ku ngufu, yavuze ko umukobwa we yari yanyweye ibiyobyabwenge kuburyo atarakibasha kumenya ibyo arimo gukora.



Ati: : Hashize imyaka 10  Ntandukanye na nyina, kuva icyo gihe twarabanaga ndetse n’abandi bana. Yaje nijoro aza arombereza mu nzu ndaramo, ibintu atari yarigeze akora, nka papa we ntakibazo nagize, gusa yahise akingura umuryango ansaga mu cyumba ntangira kwikanga, ambwira ko ashaka ko tuganira, ariko uburyo yari yambaye, ntangira kumva binteye ubwenge, yari yambaye akenda kimbere na gasengeri”.

“Yacanye amatara  ahita akuramo utwenda yari yambaye, arangije akuramo imbunda nyuma naje kumenya ko yari iyigikinisho mbibwiwe na Polisi, ahita ayintunga antegeka kumukuramo ikariso nkamukorera nkibyo njya nkorera sheri wanjye. Ndangije ndamurongora kuko natinyaga ko byanze yahita andasa nkapfa”.



 Uyu mugabo avuga ko arangije iki gikorwa agereranya nk’icyubusazi, umukobwa yahise amusaba imbabazi kubyabaye. Ati: “Ariko nanze kubyiyumvisha mpita mpamagara polisi kugirango imujyane mu bitaro by’abafite indwara zo mutwe akazamarayo imyaka ibiri avurwa.”

Yongeraho ati: “Niba antegeka kumurongora, ubwo basaza be yazabagenza gute?, ubwose nakwizera umutekano wabo?, ibi rwose sinabyihanganira”.

Rose Othieno ni umukobwa w’imfura w’uyu mugabo, kugeza ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi mu gihe iperereza kucyabimuteye rigikomeje.



Niyonizera Emmanuel/Igicumbi News 

Kanda hasi ukurikire ibiganiro tukugezaho ku Igicumbi News Online TV: